Perezida Kagame yifatanyije n'urubyiruko muri Walk to Remember Perezida wa Repubulika y’u Rwanda, Paul Kagame, yitabiriye urugendo rwo kwibuka Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994 ruzwi nka...
Umuvugizi wungirije wa Guverinoma y'u Rwanda yitabye Imana Guverinoma y'u Rwanda yatangaje ko Umuvugizi wa Guverinoma wungirije, Mukuralinda Alain, yitabye Imana mu gitondo cyo kuri u...
Mukuralinda yagaragaje ko u Rwanda rudashaka guterana amagambo n'u Burundi Umuvugizi wungirije wa Guverinoma y'u Rwanda, Alain Mukuralinda, yagaragaje ko u Rwanda rudafite gahunda yo guterana amagamb...
Perezida Kagame yihanangirije u Bubiligi bubuza amahwemo u Rwanda Perezida Paul Kagame yihanangirije u Bubiligi bukomeje kubuza gukurikirana u Rwanda ndetse no kurubuza amahwemo.
Rwanda: Abantu 3,200 bandura virusi itera SIDA buri mwaka Ikigo cy'Igihugu gishinzwe Ubuzima (RBC) cyagaragaje ko abantu 3,200 bandura virusi itera SIDA buri mwaka mu Rwanda.
Rwanda: Umusoro w'itabi n'inzoga wazamuwe Guverinoma y'u Rwanda yemeje izamurwa ry'umusoro w'itabi n'inzoga mu nama y'aba-Minisitiri yayobowe na Perezida wa Repubulik...
Corneille Nangaa wa M23 yahishuye ko bafite umugambi wo gufata Kinshasa Umuhuzabikorwa w’ihuriro Alliance Fleuve Congo (AFC), ryibumbiyemo imitwe ya politiki irimo n’iyitwaje intwaro nka M23, Corn...
Abantu 9 b'i Rubavu bishwe n'ibisasu by'Ingabo za Congo Umuvugizi wungirije wa Guverinoma y'u Rwanda, Alain Mukuralinda, yemeje ko abantu icyenda ari bo bahitanwe n’ibisasu byarash...
Rubavu: Batanu bahitanwe n’ibisasu byarashwe na FARDC Abaturage batanu bo mu karere ka Rubavu bahitanwe n’ibisasu byarashwe n’igisirikare cya Repubulika Iharanira Demokarasi ya C...
Musenyeri Mugisha yatawe muri yombi Urwego rw'Igihugu rw'Ubungenzacyaha (RIB) rwatangaje ko rwataye muri yombi Musenyeri Mugisha Mugiraneza Samuel, uherutse kwe...
Donald Trump yarahiriye kuyobora Leta Zunze Ubumwe z'Amerika Kuri uyu wa Mbere, tariki 20 Mutarama 2025, Donald Trump yarahiriye kuba Perezida wa 47 wa Leta Zunze Ubumwe z’Amerika, nyum...
Perezida Kagame yanenze abakwirakwiza amashusho bambaye ubusa Perezida wa Repubulika y'u Rwanda, Paul Kagame, yanenze abiyambika ubusa, byumwihariko abakiri bato, bakabishyira ku mbuga k...
Kagame yashimiye Inzego z'Umutekano ku bwo kugira "u Rwanda icyitegererezo ku ruhando mpuzamahanga" Perezida wa Repubulika y'u Rwanda, Paul Kagame, yashimiye Ingabo z’u Rwanda n’Inzego z’Umutekano muri rusange ku bw'umusanzu...
Harimo uvanga imiziki akoresheje amano: Ibidasanzwe kuri bamwe mu bafite ubumuga biteje imbere “Kugira ubumuga si ukubura ubushobozi” ni imvugo imaze kwimakazwa byumwihariko mu bihugu nk’u Rwanda, aho abafite ubumuga ba...
Uganda: Abagera kuri 13 bahitanywe n'ibiza byateye i Bulambuli Abagera kuri 13 bahitanwe n’inkangu yaturutse ku mvura nyinshi yaguye mu karere ka Bulambuli mu Burasirazuba bwa Uganda nk’u...
Imyigaragambyo muri Pakistan: Abarenga 4000 bamaze gutabwa muri yombi, hashyizweho guma mu rugo, interiniti yafunzwe Ibihumbi by’abashyigikiye uwahoze ari Minisitiri w’Intebe wa Pakistan, Imran Khan, bakozanyijeho n’abashinzwe umutekano kuri...
Umugabo ukuze kurusha abandi ku isi yitabye Imana Umukambwe John Alfred Tinniswood wari umugabo ukuze kurusha abandi bose ku isi yitabye Imana ku myaka 112.
Donald Trump yagize Elon Musk minisitiri wo kunoza imikorere ya leta Donald Trump, uherutse gutorerwa kuyobora Leta Zunze Ubumwe za Amerika, yagize umuherwe wa mbere ku isi Elon Musk umuyobozi ...
Kagame yitabiriye inama yiga ku kubungabunga ibidukikije Perezida w’u Rwanda, Paul Kagame, yitabiriye Inama Mpuzamahanga yiga ku kubungabunga ibidukikije ya COP29 (Conference of the...
Donald Trump yongeye gutorerwa kuyobora Leta Zunze Ubumwe z’Amerika Donald Trump yongeye gutorerwa kuyobora Leta Zunze Ubumwe z’Amerika, nyuma yo gutsinda abo bari bahanganye barimo Kamala Har...
Abarenga ibihumbi umunani basoje amasomo yabo muri Kaminuza y’u Rwanda Kaminuza y’u Rwanda yatanze impamyabumenyi ku banyeshuri 8,068 basoje amasomo yabo muri iyi kaminuza mu birori byabereye kur...
Gusura abanyeshuri biga bacumbikiwe byasubukuwe Minisiteri y'uburezi 'MINEDUC' kuri uyu wa Gatanu yatangaje ko ibikorwa byo gusura abanyeshuri biga bacumbikirwa mu bigo by'...
Umushinga 'Green City Kigali' watewe inkunga ya miliyoni 28$ U Rwanda rugiye guterwa inkunga ingana na miliyoni 28$ (hafi miliyari 38 Frw) n'ikigega mpuzamahanga kirengera ibidukikije '...
Hagiye gushyirwaho inzira za bisi zitwara abagenzi mu Mujyi wa Kigali Umuvugizi w’Umujyi wa Kigali, Emma Claudine Ntirenganya, yatangaje ko hagiye gushyirwaho inzira zigenewe bisi zitwara abagen...
Rwanda: Hizihijwe umunsi mpuzamahanga w’abageze mu zabukuru Tariki 1 Ukwakira, ku isi hizizwa umunsi mpuzamahanga w’abageze mu zabukuru. Uyu mwaka mu Rwanda, ibirori byo kwizihiza uyu ...
Amafoto: Perezida Kagame yitabiriye inama y'ibihugu by'Afurika na Indonesia Kuri uyu wa Mbere, tariki 2 Nzeri 2024, Perezida wa Repubulika y'u Rwanda Paul Kagame n'abandi bakuru b'ibihugu na za Guveri...
Ubutabera: hagaragajwe ibyaha 2 biri ku isonga y'ibyakozwe cyane mu Rwanda Ubwo hatangizwaga umwaka w’ubucamanza wa 2024-2025 kuri uyu wa Mbere, tariki 2 Nzeri 2024, hagaragajwe ko ubujura no gukubit...