JOSCEEFA yateguye umwiherero ugamije kurema abakinnyi bakomeye muri ruhago Umuryango JOSCEEFA wateguye umwiherero uzafasha abana bifuza gukina umupira w'amaguru by'umwuga, gukabya izo nzozi, aho uzab...
Shema Fabrice agiye kwiyamamariza kuyobora FERWAFA Perezida wa AS Kigali, Shema Ngoga Fabrice, agiye gutanga kandidatire yo kuyobora Ishyirahamwe ry'Umupira w'Amaguru mu Rwand...
Gorilla FC yasinyishije Masudi Narcisse Masudi Narcisse yasinye amasezerano y'imyaka ibiri muri Gorilla avuye mu Amagaju.Uyu mukinnyi,...
Mukura yasinyishije rutahizamu Mutsinzi Patrick Mukura Victory Sports yasinyishije rutahizamu w'umunya-Rwanda Mutsinzi Patrick amasezerano y'imyaka ibiri.
Kawhi Leonard wegukanye NBA ebyiri n'umuhanzikazi Ayra Starr bategerejwe i Kigali. Umukinnyi wa Los Angeles Clippers, Kawhi Leonard, wegukanye ibikombe bibiri bya NBA, ndetse n'umuhanzikazi w'umunya-Nigeria ...
Rayon Sports igiye kugabanya imishahara ihemba abakozi bayo Rayon Sports yahishuye umugambi ifite wo kugabanya amafaranga ihemba abakozi bayo, kugira ngo irwanye amadeni no kudahembera...
Urubyiruko rwasabwe kubyaza umusaruro amahirwe yo gushora imari mu Isoko ry’Imari n’Imigabane Mu rwego rwo gushyira mu bikorwa gahunda yo kubaka urubyiruko rufite ubushobozi bwo kwiteza imbere binyuze mu ishoramari, Ur...
Abakoranye na Torsten Spittler mu Amavubi barishyuza FERWAFA arenga miliyoni 100 Frw Abakoranye n'umutoza Frank Torsten Spittler mu ikipe y'igihugu y'u Rwanda 'Amavubi' bamaze igihe bishyuza Ishyirahamwe ry'Umupira w'Amaguru mu Rwanda ...
Rayon Sports yatandukanye na Ayabonga Lebitsa Ayabonga Lebitsa, wari umutoza ushinzwe kongerera imbaraga abakinnyi ba Rayon Sports, yasezeye kuri iyi kipe.B&B Kigali yamenye ko uyu munya-Afurika y...
CAF yatangaje ibihugu byamaze kubona itike ya CHAN bitarimo u Rwanda Impuzamashyirahamwe y'Umupira w'Amaguru muri Afurika (CAF) yatangaje amakipe y'ibihugu 17, atarimo u Rwanda, yamaze kubona itike ya CHAN 2024 izabera ...
Munyantwali yavuze ku ahazaza ha Torsten, Sahabo na York mu Amavubi Perezida w’Ishyirahamwe ry’Umupira w’Amaguru mu Rwanda (FERWAFA), Munyantwali Alphonse, yahishuye igihe hazatangarizwa ahazaza h’umutoza w’Amavubi, Fr...
Tombola: Real Madrid izakina na Man City muri kamarampaka ya Champions League Real Madrid izahura na Manchester City mu mikino ya kamarampaka ya UEFA Champions League, izatanga andi makipe umunani azabona itike ya 1/8.Ibi byavuy...
JOSCEEFA yateguye umwiherero ugamije kurema abakinnyi bakomeye muri ruhago Umuryango JOSCEEFA wateguye umwiherero uzafasha abana bifuza gukina umupira w'amaguru by'umwuga, gukabya izo nzozi, aho uzab...
Shema Fabrice agiye kwiyamamariza kuyobora FERWAFA Perezida wa AS Kigali, Shema Ngoga Fabrice, agiye gutanga kandidatire yo kuyobora Ishyirahamwe ry'Umupira w'Amaguru mu Rwand...
Gorilla FC yasinyishije Masudi Narcisse Masudi Narcisse yasinye amasezerano y'imyaka ibiri muri Gorilla avuye mu Amagaju.Uyu mukinnyi,...
Mukura yasinyishije rutahizamu Mutsinzi Patrick Mukura Victory Sports yasinyishije rutahizamu w'umunya-Rwanda Mutsinzi Patrick amasezerano y'imyaka ibiri.
Kawhi Leonard wegukanye NBA ebyiri n'umuhanzikazi Ayra Starr bategerejwe i Kigali. Umukinnyi wa Los Angeles Clippers, Kawhi Leonard, wegukanye ibikombe bibiri bya NBA, ndetse n'umuhanzikazi w'umunya-Nigeria ...
Rayon Sports igiye kugabanya imishahara ihemba abakozi bayo Rayon Sports yahishuye umugambi ifite wo kugabanya amafaranga ihemba abakozi bayo, kugira ngo irwanye amadeni no kudahembera...
Fitina Omborenga mu nzira zisohoka muri Rayon Sports Fitina Omborenga yasabye Rayon Sports ko batandukana kubera ko iyi kipe itubahirije ibyo bumvikanye mu masezerano.
Inter Milan yageze ku mukino wa nyuma wa Champions League Inter Milan yageze ku mukino wa nyuma wa UEFA Champions League, nyuma yo gutsinda Barcelona ibitego 4-3 mu mukino wo kwishyu...
Rutsiro yagaruye Gatera Moussa na Matumele mu kazi Rutsiro FC yagaruye mu kazi umutoza mukuru Gatera Moussa ndetse n'umunyezamu Matumele Arnold, bari barahagaritswe bashinjwa ...
Banamwana Camarade yagizwe umutoza wa Bugesera Banamwana Camarade yahawe gutoza Bugesera mu mikino itandatu ya shampiyona y'icyiciro cya mbere mu Rwanda isigaye.
FERWAFA yahagaritse Mugiraneza Migi umwaka umwe Ishyirahamwe ry'Umupira w'Amaguru mu Rwanda (FERWAFA) ryahagaritse Mugiraneza "Migi" Jean Baptiste mu bikorwa byose bya ruha...
Bugesera yatandukanye na Haringingo Haringingo Francis, wari umutoza mukuru wa Bugesera, ndetse n'umwungiriza we, Nduwimana Pablo, basezeye ku mirimo yabo muri ...
Rayon Sports yatangaje ko izikura mu gikombe cy'Amahoro FERWAFA nitisubiraho Rayon Sports yatangaje ko izikura mu irushanwa ry'Igikombe cy'Amahoro mu gihe Ishyirahamwe ry'Umupira w'Amaguru mu Rwanda (F...
Mukura ishobora guterwa mpaga na Rayon Sports Mukura ishobora guterwa mpaga na Rayon Sports ku mukino ubanza wa 1/2 cy'Igikombe cy'Amahoro iyi kipe y’i Huye yari yakiriye...
Rayon Sports yahagaritse Robertinho n'umutoza w'abanyezamu Rayon Sports yahagaritse umutoza mukuru wayo, Robertinho, "kubera impamvu z'uburwayi," nk'uko byatangajwe n'iyi kipe mu ruke...
Rayon Sports yanganyije na Marines, itakaza umwanya wa mbere Rayon Sports yatakaje umwanya wa mbere ku rutonde rwa shampiyona nyuma yo kunganya na Marines ibitego 2-2 kuri uyu wa Gatand...
Munyakazi Sadate ashaka kugura Rayon Sports miliyari 5 Frw Munyakazi Sadate, wayoboye Rayon Sports hagati ya 2019 na 2020, yahishuye umugambi afite wo kugura iyi kipe agera kuri miliy...
Abafana ba Arsenal bo mu bihugu 14 byo muri Afurika bagiye guhurira mu Rwanda Abafana ba Arsenal barenga 1000 baturutse mu bihugu 14 byo ku mugabane wa Afurika bagiye guhurira mu iserukiramuco rizabera ...
Umutoza agize icyo ahindura twaba aba mbere – Chairman wa APR FC Chairman wa APR FC, Brig. Gen. Rusanganwa Deo, yagaragaje ko umutoza w’iyi kipe, Darko Novic, akoze impinduka mu mikinire, y...
U Rwanda rwananiwe kwikura imbere ya Lesotho, banganya 1-1 Ikipe y'igihugu y'u Rwanda 'Amavubi' yanganyije n'iya Lesotho igitego 1-1 mu mukino w'umunsi wa gatandatu wo gushaka itike y...
Jean Jacques Boissy yafashije REG kwikura imbere ya Patriots Jean Jacques Boissy yafashije REG gutsinda Patriots amanota 79-77 mu mukino wa shampiyona ya basketball mu Rwanda wabereye m...
Mugiraneza Migi yavuze impamvu yasabye Bakaki wa Musanze kwitsindisha Mugiraneza Jean Baptiste uzwi nka Migi yashyize umucyo ku majwi ye Read Post 4M
Amavubi nta gitutu afite, Nigeria ni yo igifite – Nshimiyimana Eric Umutoza wungirije w'ikipe y'igihugu y'u Rwanda, Nshimiyimana Eric, yavuze ko nta gitutu bafite mbere yo guhura na Nigeria mu...
Mugiraneza Jean Baptiste yumvikanye asaba umukinnyi wa Musanze kwitsindisha Umutoza wungirije wa Muhazi United, Mugiraneza Jean Baptiste uzwi nka Migi, yumvikanye asaba umukinnyi wa Musanze, Shafiq Ba...
Adel Amrouche yahamagaye Amavubi ye ya mbere Umutoza w'ikipe y'igihugu y'u Rwanda 'Amavubi,' Adel Amrouche, yahamagaye abakinnyi 28 azifashisha mu mikino ibiri yo gushak...
UEFA Champions League: Real Madrid yatsinze Atlético kuri penaliti, igera muri 1/4 Real Madrid yageze muri 1/4 cya UEFA Champions League, nyuma yo gusezerera Atlético Madrid kuri penaliti 4-2 muri 1/8 mu ijo...
Patrice Motsepe yongewe gutorerwa kuyobora CAF Umushoramari Patrice Motsepe yongeye gutorerwa kuyobora Impuzamashyirahamwe y'Umupira w'Amaguru muri Afurika (CAF) muri mand...
PSG yasezereye Liverpool muri UEFA Champions League kuri penaliti Paris Saint-Germain (PSG) yasezereye Liverpool muri 1/8 cya UEFA Champions League, nyuma yo kuyitsinda penaliti 4-1 mu mukin...
Muhire Kevin ni we mukinnyi mwiza muri shampiyona – Darko Novic Umutoza mukuru wa APR, Darko Novic, yavuze ko kapiteni wa Rayon Sports, Muhire Kevin, ari we mukinnyi mwiza muri shampiyona ...
Rwaka Claude yasezeye kuri Rayon Sports y'abagore Rwaka Claude yeguye ku mirimo yo gutoza Rayon Sports y'abagore kubera kumara igihe kirekire adahembwa.
APR yageze muri 1/2 cy'Igikombe cy'Amahoro APR yageze muri 1/2 cy'Igikombe cy'Amahoro nyuma yo gusezerera Gasogi United ku giteranyo cy'igitego 1-0 mu mikino ibiri ya ...
Lomami yatangiye akazi muri Vision nyuma y'iminsi ibiri atandukanye na Kiyovu Lomami Marcel yatangiye akazi nk'umutoza mukuru wa Vision kuri uyu wa Mbere, tariki 3 Werurwe 2025, nyuma y'iminsi ibiri gus...
Rayon Sports yongeye gutsikira mu rugendo rwo guhatanira igikombe cya shampiyona Rayon Sports yanganyije na Gasogi United 0-0 mu mikino w'umunsi wa 19 wa shampiyona wabereye kuri Kigali Pele Stadium kuri i...
Adel Amrouche yagizwe umutoza w'Amavubi Ishyirahamwe ry'Umupira w'Amaguru mu Rwanda (FERWAFA) ryatangaje ko Adel Amrouche yagizwe umutoza mukuru w'ikipe y'igihugu y...
APR yatsinze Gasogi United, yiyongerera amahirwe yo gukomeza muri 1/2 cy'Igikombe cy'Amahoro APR yatsinze Gasogi United igitego 1-0 mu mukino ubanza wa 1/4 w'Igikombe cy'Amahoro wabereye kuri Kigali Pele Stadium ku mu...
Abubakar Lawal wakiniye AS Kigali yitabye Imana Umukinnyi wa Vipers SC yo muri Uganda, Abubakar Lawal, yitabye Imana azize impanuka ya moto yabereye mu mujyi wa Entebbe mur...
APR yatsinzwe na Mukura, inanirwa gusatira Rayon Sports APR yatsinzwe na Mukura igitego 1-0 mu mukino wa shampiyona w'umunsi wa 18, wabereye kuri Sitade Huye kuri iki Cyumweru, tar...
Amagaju yahagamye Rayon Sports, banganya 1-1 Amagaju yanganyije na Rayon Sports igitego 1-1 mu mukino w'umunsi wa 18 wa shampiyona y'icyiciro cya mbere wabereye kuri Sit...
Real Madrid yatomboye Atlético, PSG itombora Liverpool muri 1/8 cya UEFA Champions League Real Madrid izahura na Atlético Madrid muri 1/8 cya UEFA Champions League, mu gihe Paris Saint-Germain izahura na Liverpool....
UEFA Champions League: Kylian Mbappe yafashije Real Madrid kunyagira Man City, igera muri 1/8 Kylian Mbappe yatsinze ibitego bitatu (hat-trick) byafashije Real Madrid gutsinda Manchester City ibitego 3-1 mu mukino wo k...
Nafanaga Rayon Sports ntarajya muri APR – Byiringiro Lague Rutahizamu uca ku mpande wa Police FC, Byiringiro Lague, yahishuye ko yahoze ari umufana ukomeye wa Rayon Sports mbere yo kw...
SKOL yangiye Rayon Sports gukorera imyitozo mu Nzove Uruganda rwenga ibinyobwa bisembuye n'ibidasembuye, SKOL, rwangiye Rayon Sports gukorera imyitozo ku kibuga cyo mu Nzove, ny...
Urunturuntu muri Komite Nyobozi ya FERWAFA mbere y’amatora Mu gihe habura amezi ane ngo habe amatora y’Ishyirahamwe ry'Umupira w'Amaguru mu Rwanda (FERWAFA), haravugwa umwuka mubi mu ...
Twagirayezu Thaddée yahakanye umwuka mubi uvugwa mu buyobozi bwa Rayon Sports Perezida wa Rayon Sports, Twagirayezu Thaddée, yateye utwatsi iby'umwuka mubi uvugwa mu buyobozi bw'iyi kipe yambara ubururu...
FERWAFA yemeje ingengo y'imari y'arenga miliyari 15 Frw Ishyirahamwe ry'Umupira w'Amaguru mu Rwanda (FERWAFA) ryemeje ko rizakoresha ingengo y'imari ingana na 15.297.147.920 Frw mu...
Ayabonga Lebitsa yasubiranye na Rayon Sports Umutoza wongerera imbaraga abakinnyi Ayabonga Lebitsa yamaze kumvikana na Rayon Sports kugira ngo yongere ayigarukemo, nyuma...
Real Madrid yatsindiye Man City bwa mbere kuri Etihad Stadium Real Madrid yatsinze Manchester City ibitego 3-2 mu mukino ubanza wa kamarampaka muri UEFA Champions League wabaye mu ijoro ...
Cassa Mbungo yagizwe umutoza mukuru w'ikipe y'igihugu y'abagore Cassa Mbungo André yagizwe umutoza mukuru w'ikipe y'igihugu y'u Rwanda y'umupira w'amaguru y'abagore. Read Post 5M
Rayon Sports yongeye gutsikira, inganya na Musanze Rayon Sports yatangiye imikino yo kwishyura ya shampiyona inganya na Musanze ibitego 2-2 mu mukino wabereye kuri Kigali Pele...
Darko Novic yahakanye iby'umwuka mubi uvugwa mu bakinnyi ba APR Umutoza mukuru wa APR, Darko Novic, yavuze ko ukutumvikana kuvugwa mu bakinnyi ba APR FC ari "ibihuha" ndetse ko nta shingir...
Bizimana Djihad yerekeje Al Ahli yo muri Libya Al Ahli SC, yo muri shampiyona y'icyiciro cya mbere muri Libya, yasinyishije Bizimana Djihad avuye muri Kryvbas Kryvyi Rih y...
Abakoranye na Torsten Spittler mu Amavubi barishyuza FERWAFA arenga miliyoni 100 Frw Abakoranye n'umutoza Frank Torsten Spittler mu ikipe y'igihugu y'u Rwanda 'Amavubi' bamaze igihe bishyuza Ishyirahamwe ry'Um...
Seninga Innocent yagizwe umutoza mukuru wa Etincelles Seninga Innocent yagizwe umutoza mukuru wa Etincelles mu gihe kingana n'amezi atandatu.Uyu mut...
Perezida wa Rayon Sports yavuze ko ibibazo bya Sadate n'ikipe byarangiye Perezida wa Rayon Sports, Twagirayezu Thaddée, yagaragaje ko ikibazo cy'amadeni Munyakazi Sadate yashinjaga ikipe cyarangiye...
Volleyball: Kepler VC na Police WVC zegukanye Igikombe cy'Intwari Amakipe ya Kepler VC na Police WVC yegukanye Igikombe cy’Intwari mu bagabo no mu bagore, nyuma yo gutsinda REG VC na APR WVC...
Tombola: Real Madrid izakina na Man City muri kamarampaka ya Champions League Real Madrid izahura na Manchester City mu mikino ya kamarampaka ya UEFA Champions League, izatanga andi makipe umunani azabo...
Ruhago: Ikipe y'igihugu y'abagore idafite umutoza yahamagawe Ishyirahamwe ry’Umupira w’Amaguru mu Rwanda (FERWAFA) ryatangaje urutonde rw’abakinnyi 28 b'ikipe y'igihugu y'abagore bazifa...
Rayon Sports ntabwo nigeze nyifuza – Byiringiro Lague Byiringiro Lague yavuze ko atigeze yifuza gukinira Rayon Sports nk'uko byavuzwe mbere yo gusinyira Police mu ntangiriro za M...
Bruce Melody yashyize umucyo ku bibazo avugwamo n'abandi bahanzi Umuhanzi Itahiwacu bruce, uzwi nka Bruce Melodie, yongeye gushimangira ko nta kibazo afitanye n'umuhanzi The Ben.
Rayon Sports yakiriye rutahizamu w'umunya-Guinea-Bissau wari utegerejwe Rayon Sports yakiriye rutahizamu ukomoka muri Guinea-Bissau, Adulai Jaló, wakiniraga Sport Bissau e Benfica, aho yaje mu big...
Tombola y'Igikombe cy'Afurika: Uganda na Tanzania zisanze mu itsinda rimwe na Nigeria Uganda na Tanzania, zo mu karere ka CECAFA, zisanze mu itsinda rimwe na Nigeria ndetse na Tunisia, nyuma ya tombola y'Igikom...
Tombola y'Igikombe cy'Amahoro: APR izahura na Musanze, Rayon Sports icakirane na Rutsiro APR FC izahura na Musanze FC muri 1/8 cy'Igikombe cy'Amahoro, naho Rayon Sports ihure na Rustiro. Read Post 6M
Ndizeye Dieudonné yasinyiye ikipe yo muri Morocco Ndizeye Ndayisaba Dieudonné yerekeje muri Maghreb de Fes yo muri shampiyona ya basketball y'icyiciro cya mbere muri Morocco....
Rutahizamu Djibril Ouattara yakiriwe na APR FC APR FC yakiriye rutahizamu Cheick Djibril Ouattara, ukomoka muri Burkina Faso, aho aje gusinyira iyi kipe y'Ingabo z'u Rwand...
Amavubi yatandukanye n'umutoza Torsten Spittler Ishyirahamwe ry'Umupira w'Amaguru mu Rwanda (FERWAFA) ryatangaje ko ryatandukanye na Frank Torsten Spittler, wari umutoza w'...
Basketball: REG y'abagore yegukanye Super Cup yakinwe bwa mbere Ikipe ya REG y'abagore yegukanye igikombe cya Super Cup cyahataniwe bwa mbere muri basketball, nyuma yo gutsinda mukeba wayo...
Adonis Filer yahishuye uko REG yarokoye umwuga we nyuma yo kwirukanwa na Patriots Adonis Jovon Filer, yavuze ko REG BBC yarokoye umwuga we wo gukina basketball nyuma yo kwirukanwa na Patriots BBC mu 2020.
Amagaju yatsindiye APR i Huye Amagaju yatsindiye APR i Huye igitego 1-0 mu mukino wasoje ibanza ya shampiyona y’icyiciro cya mbere mu Rwannda wabaye kuri ...
Mukura break Rayon Sports's undefeated streak Mukura Victory Sports have broken the unbeaten streak of Rayon Sports, following their monumental 2-1 triumph over Robertinh...
Umuvugizi wa Police FC yahakanye ibyo kwirukana Mashami Umunyamabanga Mukuru akaba n'Umuvugizi wa Police FC, CIP Umutoni Claudette, yahakanye amakuru y'uko umutoza mukuru w'iyi kip...
Etincelles yatsinze AS Kigali iva ku mwanya wa nyuma Etincelles yafashe umwanya wa 13 ku rutonde rwa shampiyona y'icyiciro cya mbere, nyuma yo gutsinda AS Kigali igitego 1-0 kur...
Police FC yasinyishije Byiringiro Lague Police FC yatangaje ko yasinyishije Byiringiro Lague, uherutse gutandukana na Sandvikens IF.Uy...
Perezida wa Rayon Sports yahishuye ko Madjaliwa yanze gukina na Musanze kubera 'umupfumu' Perezida w'Umuryango wa Rayon Sports, Twagirayezu Thaddée, yahishuye ko Aruna Moussa Madjaliwa yanze gukina umukino wa shamp...
Byiringiro Lague yatandukanye na Sandvikens IF Byiringiro Lague yaseshe amasezerano yari afitanye na Sandvikens IF, nyuma y'imyaka ibiri ayikinira. Read Post 6M
Munyantwali yavuze ku ahazaza ha Torsten, Sahabo na York mu Amavubi Perezida w’Ishyirahamwe ry’Umupira w’Amaguru mu Rwanda (FERWAFA), Munyantwali Alphonse, yahishuye igihe hazatangarizwa ahaza...
CAF yatangaje ibihugu byamaze kubona itike ya CHAN bitarimo u Rwanda Impuzamashyirahamwe y'Umupira w'Amaguru muri Afurika (CAF) yatangaje amakipe y'ibihugu 17, atarimo u Rwanda, yamaze kubona i...
Rayon Sports yatandukanye na Ayabonga Lebitsa Ayabonga Lebitsa, wari umutoza ushinzwe kongerera imbaraga abakinnyi ba Rayon Sports, yasezeye kuri iyi kipe.
U Rwanda rwabuze itike ya CHAN nubwo rwatsinze Sudani y'Epfo Ikipe y'igihugu y'u Rwanda 'Amavubi' yabuze itike ya CHAN 2024, nubwo yatsinze Sudani y'E...
Mulisa avuga ko Amavubi atazasubiramo amakosa yakoze imbere ya Sudani y'Epfo Jimmy Mulisa, uri gutoza ikipe y'igihugu y'u Rwanda by'agateganyo, yavuze ko baboneye isomo mu mukino ubanza wo gushaka itik...
Malipangou yasinyiye Jamus SC yo muri Sudani y'Epfo Theodor Malipangou Christian yasinyiye Jamus FC y'i Juba muri Sudani y'Epfo, nyuma yo kuvugwa muri Rayon Sports.
Umupira nzawurangiriza muri Kiyovu – Nizigiyimana Mackenzie Nizigiyimana Abdul Karim 'Mackenzie' yahishuye ko azasoreza umupira w'amaguru muri Kiyovu Sports. Read Post 7M
Mugwiza Désiré yongeye gutorerwa kuyobora FERWABA Mugwiza Désiré yongeye gutorerwa kuyobora Ishyirahamwe ry’Umukino wa Basketball mu Rwanda (FERWABA) mu gihe cy'imyaka ine ir...
Nta ngingo n'imwe ihari ituma Sadate yishyuza Rayon Sports – Twagirayezu Thaddée Perezida w'Umuryango wa Rayon Sports, Twagirayezu Thaddée, yavuze ko nyuma yo kugenzura ibaruwa yanditswe na Munyakazi Sadat...
Jimmy Mulisa yavuze ko yatunguwe n'igenda rya Rwasamanzi Yves Jimmy Mulisa yagaragaje ko yatunguwe no kubwirwa ko Rwasamanzi Yves, wari wagizwe umwungiriza we mu ikipe y'igihugu y'u Rwan...
Vinicius Jr yegukanye igihembo cy'umukinnyi mwiza wa FIFA Umukinnyi wa Real Madrid, Vinicius Jr, yegukanye igihembo cy'Umukinnyi Mwiza wa FIFA mu 2024 mu birori byabereye i Doha muri...
Mykhailo Mudryk wa Chelsea yasanzwemo imiti yongera imbaraga Umukinnyi wa Chelsea, Mykhailo Mudryk, yasanzwemo ibyongerambaraga mu mubiri bitemewe.Ni nyuma...
Lomami Marcel yagizwe umutoza wa Kiyovu Sports Lomami Marcel yagizwe umutoza mukuru wa Kiyovu Sports, asimbuye Bipfubusa Joslin uherutse gusezera ku mirimo ye nyuma y'ibib...
APR yegukanye umudali wa Bronze mu Gikombe cy'Afurika mu bagore APR yegukanye umudali wa Bronze mu irushanwa ry'Igikombe cy'Afurika cy'amakipe y'abagore cya 2024 (Women's Basketball League...
APR yafashe umwanya wa kabiri nyuma yo kunyagira Mukura ibitego 4-2 APR yafashe umwanya wa kabiri nyuma yo gutsinda Mukura ibitego 4-2 mu mukino w'umunsi wa 13 wa shampiyona wabereye kuri Kiga...
Muhire Kevin yemeje ko yabeshyeye kapiteni wa APR Muhire Kevin yahishuye ko ibyo yavuze kuri kapiteni wa APR, Niyomugabo Claude, nyuma y'umukino wahuje Rayon Sports na APR ta...
Torsten Spittler ntazatoza imikino ya Sudani y'Epfo yo gushaka itike ya CHAN Umutoza mukuru w’ikipe y’igihugu y’u Rwanda, Frank Torsten Spittler, ntabwo azatoza imikino ibiri Amavubi azakina na Sudani ...
Rayon Sports na APR zanganyije 0-0 Rayon Sports yanganyije na APR 0-0 mu mukino w'ikirarane muri shampiyona y'icyiciro cya mbere mu Rwanda wabereye kuri Amahor...
Twagirayezu Thaddée yahishuye ko Rayon Sports Ltd izaba ifite agaciro ka miliyari 15 Frw Perezida w'Umuryango wa Rayon Sports, Twagirayezu Thaddée, yahishuye ko umushinga ubyara inyungu w'iyi kipe (Rayon Sports Lt...
Niyonzima Olivier yafashije Rayon Sports kubona itsinzi ya cyenda yikurikiranya Niyonzima 'Seif' Olivier yatsinze ibitego bibiri byafashije Rayon Sports gutsinda Muhazi ...
Iyo numvise ibivugwa kuri Police FC bintera agahinda – Issah Yakubu Myugariro wa Police FC, Issah Yakubu, yavuze ko ababazwa cyane n'abafata iyi kipe nk'idafite gahunda yo gutwara shampiyona y...
56 bapfiriye mu mukino wahuzaga N’Zérékoré na Labé muri Guinea Abantu bagera kuri 56 bapfiriye mu mubyigano wabereye kuri Sitade N’Zérékoré, ahaberaga umukino wahuzaga Labé na N’Zérékoré ...
Amafoto: Niyigena Clement yafashije APR gutsinda AS Kigali nyuma y'imyaka itandatu APR yatsinze AS Kigali igitego 1-0, ishyira akadomo ku rugendo rw'imyaka itandatu yari imaze itayitsinda muri shampiyona y'i...
Areruya Joseph yashimiwe nk'intwari mu muhango wo gutangaza inzira za Tour du Rwanda 2025 n'amakipe azitabira Areruya Joseph, uheruka gusezera ku mukino wo gusiganwa ku magare, yashimiwe n’abayobozi b’Ishyirahamwe ry’uyu mukino mu Rwa...
Rayon Sports ntitwike amafaranga yayo, Malipangou aracyafitanye amasezerano na Gasogi – KNC Perezida wa Gasogi United, Kakooza Nkuliza Charles uzwi nka KNC, yavuze ko Theodor Malipangou Christian agifitanye amasezera...
U Rwanda rwabonye itsinzi ya mbere mu gushaka itike y'Igikombe cy'Afurika Ikipe y'igihugu y'u Rwanda ya Basketball yatsinze Gabon amanota 90-63 mu mukino wa gatatu wo mu itsinda mu gushaka itike y'I...
Mugiraneza Frodouard yafashije APR kwikura imbere ya Muhazi United APR yatsinze Muhazi United igitego 1-0 mu mukino w'umunsi wa 10 wa shampiyona y'icyiciro cya mbere wabereye kuri Kigali Pele...
U Rwanda rwatangiye nabi imikino yo gushaka itike y'Igikombe cy'Afurika Ikipe y'igihugu y'u Rwanda ya Basketball yatsinzwe n'iya Senegal amanota 81-59 mu mukino wa mbere wo mu itsinda C wabereye m...
U Rwanda rwatsinze Nigeria ariko rubura itike y'Igikombe cy'Afurika Ikipe y’igihugu y’u Rwanda 'Amavubi' yatsindiye Nigeria iwayo ibitego 2-1 kuri uyu wa Mbere, tariki 18 Ugushyingo 2024, arik...
Muvunyi yatorewe kuyobora Urwego rw’Ikirenga rwa Rayon Sports, Twagirayezu atorerwa kuyobora umuryango w'ikipe Muvunyi Paul yatorewe kuyobora Urwego rw’Ikirenga rwa Rayon Sports, mu gihe Twagirayezu Thaddée yatorewe kuba Perezida w’Umu...
Amavubi yatsinzwe na Libya, icyizere cya AFCON 2025 kiragabanuka Ikipe y'igihugu y'u Rwanda 'Amavubi' yatsinzwe na Libya igitego 1-0 mu mukino wo gushaka itike y'Igikombe cy'Afurika waberey...
Amavubi yatangiye imyitozo yitegura Libya Ikipe y'igihugu y'u Rwanda 'Amavubi' yatangiye imyitozo yitegura umukino wa Libya wo mu itsinda D iherereyemo mu gushaka iti...
AS Kigali yatsinze Police igitego 1-0, iyijya imbere AS Kigali yatsinze Police igitego 1-0 mu mukino w'ikirarane w'umunsi wa karindwi wa shampiyona y'icyiciro cya mbere mu Rwand...
Rutsiro yahagamye APR, banganya 0-0 APR yanganyije na Rutsiro 0-0 mu mukino w'ikirarane w'umunsi wa mbere wa shampiyona y'icyiciro cya mbere mu Rwanda wabereye ...
Fall Ngagne yafashije Rayon Sports kubona amanota atatu agoye imbere ya Etincelles Rayon Sports yatsinze Etincelles igitego 1-0 mu mukino w'ikirarane wa shampiyona y'icyiciro cya mbere mu Rwanda wabereye kur...
Mamadou Sy yafashije APR gutsinda Vision ibitego 2-0 Ibitego bibiri bya Mamadou Sy kuri penaliti byafashije APR gutsinda Vision ibitego 2-0 mu mukino w'umunsi wa cyenda wa shamp...
APR yasezereye Col (Rtd) Karasira Richard Col. (Rtd) Karasira Richard wari Chairman wa APR yasezerewe ku mirimo ye muri iyi kipe.Ibi bib...
UEFA Champions League: Arsenal yatsindiwe mu Butaliyani, PSG ishengurirwa iwayo Inter Milan yatsinze Arsenal igitego 1-0 mu mukino w'umunsi wa kane wa UEFA Champions League wabaye mu ijoro ryo kuri uyu wa...
APR yatewe mpaga APR yatewe mpaga kubera gukinisha umubare w’abanyamahanga urenze uw’abemewe n’amabwiriza agenga shampiyona y’icyiciro cya mb...
Rayon Sports yatsinze Musanze, ifata umwanya wa mbere Rayon Sports yatsindiye Musanze igitego 1-0 kuri Stade Ubworoherane mu mukino w'umunsi wa cyenda wa shampiyona wabaye kuri u...
Kavita Phanuel yahamagawe bwa mbere mu Amavubi Phanuel Kavita, ukinira Birmingham Legion yo mu shampiyona y'icyiciro cya kabiri muri Leta Zunze Ubumwe z'Amerika, yahamagaw...
Handball: Ikipe y'igihugu y'abari munsi y'imyaka 20 yegukanye IHF Trophy Ikipe y'igihugu y'u Rwanda ya Handball y'abari munsi y'imyaka 20 yegukanye irushanwa 'IHF Trophy Africa' ryaberaga Addis Aba...
UEFA Champions League: Amorim yasezeweho neza atsinda Man City, Real Madrid isuzugurirwa iwayo Sporting Clube de Portugal yanyagiye Manchester City ibitego 4-1 mu mukino w'umunsi wa kane wa UEFA Champions League wabaye ...
APR yahagaritse Team Manager wayo APR FC yahagaritse by’agateganyo Eric Ntazinda wari ushinzwe ubuzima bwa buri munsi bw’ikipe (Team Manager) nyuma y’amakosa ...
Gasogi United yatsinze Kiyovu mu mukino warumbutsemo ibitego Kiyovu Sports yatsinzwe na Gasogi United ibitego 4-3, mu mukino w'umunsi wa cyenda wa shampiyona wabaye kuri uyu wa Kabiri k...
Mbarushimana Abdul yagizwe umutoza mukuru wa Vision Mbarushimana Abdul yagizwe umutoza mukuru wa Vision FC, asimbuye umwongereza Callum Shawn Serby uherutse gutandukana n'iyi k...
Rayon Sports inyagiye Kiyovu Sports 4-0 Rayon Sports yatsinze Kiyovu Sports ibitego 4-0 mu mukino wa shampiyona w'umunsi wa munani wabereye kuri Kigali Pele Stadium...
Al Ahly yatsinze REG, yegukana irushanwa ry'Akarere ka Gatanu Al Ahly yo mu Misiri yegukanye irushanwa ry'Akarere ka Gatanu mu gushaka itike y'Igikombe cy'Afurika, nyuma yo gutsinda REG ...
REG yakatishije itike y'igikombe cy'Afurika nyuma yo gutsinda APR REG yatsinze APR amanota 82-77 kuri uyu wa Gatanu muri 1/2 cy'irushanwa ry'Akarere ka Gatanu mu gushaka itike y'Igikombe cy'...
Ruben Amorim yagizwe umutoza mushya wa Manchester United Manchester United yatangaje Rúben Amorim nk'umutoza mushya wayo kugeza, aho yasinye amasezerano azageza muri Kamena 2027.
Dushimimana afashije Amavubi gusezerera Djibouti Dushimimana Olivier yatsinze ibitego bibiri, afasha ikipe y'igihugu y'u Rwanda 'Amavubi' gutsinda Djibouti ibitego 3-0 mu mu...
Handball: Ikipe y'igihugu y'abari munsi y'imyaka 20 mu myiteguro ya IHF Trophy Africa Ikipe y'igihugu y'u Rwanda ya Handball y'abari munsi y'imyaka 20 yatsinzwe na Police ibitego 38-37 mu mukino wa gicuti waber...
Rodri yegukanye Ballon d'Or Rodrigo Hernández Cascante, uzwi nka Rodri, yegukanye Ballon d'Or ya 2024 ahigitse Vinicius Jr na Jude Bellingham.
Manchester United yirukanye Erik ten Hag Erik ten Hag yirukanwe na Manchester United nyuma y'imyaka ibiri n'igice ari umutoza mukuru w'iyi kipe yo shampiyona y'icyic...
Kiyovu Sports yahagaritse umutoza Bipfubusa Kiyovu Sports yahagaritse umutoza mukuru wayo Bipfubusa Joslin, imikino ine adatoza kubera umusaruro mubi, nyuma yuko iyi ki...
Djibouti yatsindiye Amavubi imbere y’abafana bayo Ikipe y’igihugu ya Djibouti yatsinze u Rwanda igitego 1-0 mu mukino ubanza w’ijonjora rya mbere ry’ibanze ryo gushaka itike ...
Volleyball: Amakipe ya Police yatsinze aya APR Amakipe ya Police ya volleyball mu bagore no mu bagabo yatsinze aya APR VC mu mikino y’umunsi wa kabiri wa shampiyona ya vol...
Amavubi yazamutseho imyanya 4 ku rutonde rwa FIFA Ikipe y'igihugu y'u Rwanda 'Amavubi' yazamutseho imyanya ine ku rutonde ngarukakwezi rwa FIFA, nyuma yo gutsindira Benin i K...
Byiringiro Lague yasobanuye impamvu atahamagawe mu Amavubi Byiringiro Lague yavuze ko impamvu amaze igihe adahamagarwa mu ikipe y'igihugu y'u Rwanda 'Amavubi' ari uko umutoza mukuru a...
UEFA Champions League: Raphinha yafashije Barça kunyagira Bayern, Haaland yandika andi mateka Raphinha na Erling Haaland bafashije amakipe amakipe yabo kubona itsinzi ziremereye mu ijoro ryo kuri uyu wa Gatatu ubwo UEF...
Mukansanga Salima yasezeye ku mwuga wo gusifura Mukansanga Salima yahagaritse umwuga wo gusifura mu mupira w'amaguru nyuma y'imyaka irenga 12 akora uyu umwuga.
Rwandan Epic 2024: Ikipe ya Pierre de Froidmont na Axel Baumans yegukanye agace ka mbere Irushanwa ngaruka mwaka ryo gusiganwa ku magare yo mu Misozi, rizwi nka Rwandan Epic, ryatangijwe mu Karere ka Nyarugenge mu...
Shampiyona y'icyiciro cya mbere iragaruka mu mpera z'icyumweru Rwanda Premier League yatangaje ko shampiyona y'icyiciro cya mbere izasubukurwa mu mpera z'iki cyumweru, hakinwa umukino w'u...
Thomas Tuchel yagizwe umutoza w'u Bwongereza Thomas Tuchel yagizwe umutoza mukuru w'ikipe y'igihugu y'umupira w'amaguru y'u Bwongereza 'Three Lions'.
Amafoto 50: Amavubi yaboneye itsinzi ya mbere kuri Stade Amahoro ivuguruye Ikipe y'igihugu y'u Rwanda 'Amavubi' yatsinze Benin ibitego 2-1 mu mukino wo gushaka itike y'I...
Basketball: REG yegukanye igikombe cya shampiyona mu bagore REG y’abagore yegukanye igikombe cya shampiyona ya basketball mu Rwanda mu bagore, nyuma yo gutsinda APR amanota 71-63 mu mu...
U Rwanda rwanyagiriwe i Abidjan 3-0 na Benin Ikipe y’igihugu y’u Rwanda ‘Amavubi’ yanyagiriwe na Benin i Abidjan muri Ivory Coast ibitego 3-0 mu mukino wa gatatu wo mw’i...
Amavubi niyo kipe imeze neza ku isi – Nishimwe Blaise Umukinnyi wa Gorilla FC, Nishimwe Blaise, ahamya ko ikipe y’igihugu Amavubi imeze neza, ndetse ifite n’ubushobozi bwo gutsin...
Rafael Nadal yasezeye ku mukino wa Tennis Rafael Nadal, ukomoka muri Spain, yasezeye burundu umukino wa Tennis nyuma y'imyaka 23 akina nk'uwabigize umwuga.
REG irakoza imitwe y'intoki ku gikombe, nyuma yo gutsinda APR mu mikino 3 ya mbere ya kamarampaka REG irasabwa itsinzi imwe gusa kugira ngo yegukane igikombe cya shampiyona ya basketball mu bagore. Read Post 9M
U Rwanda ruzahura na Djibouti mu ijonjora rya mbere rya CHAN Ikipe y’igihugu y’u Rwanda yatomboye Djibouti mu ijonjora rya mbere rya CHAN 2024.Djibouti niy...
REG na APR zageze ku mukino wa nyuma wa kamarampaka mu bagore Ikipe za REG na APR z’abagore zageze ku mukino wa nyuma wa kamarampaka muri shampiyona ya basketball nyuma yo gusezerera Kep...
Umutoza Aliou Cissé yatandukanye na Senegal Ikipe y'igihugu y’umupira w’amaguru ya Senegal yatandukanye n’umutoza wayo Aliou Cissé, nyuma y’imyaka icyenda ayitoza.<...
Samuel Eto'o yahagaritswe amezi 6 na FIFA Samuel Eto'o yahagaritswe amezi atandatu atitabira imikino y'umupira w'amaguru nyuma y'imyitwarire idahwitse yagaragaje mu g...
Kamarampaka: APR na Patriots zateye intambwe zigana ku mukino wanyuma APR BBC na Patriots BBC zatsinze imikino yazo ya kabiri muri ½ cya kamarampaka, bituma zongera amahirwe yazo yo kugera ku mu...
Niyonkuru Samuel na Irakoze Violette begukanye Umusambi Gravel Race 2024 Niyonkuru Samuel na Irakoze Neza Violette begukanye isiganwa ry’amagare ryiswe ‘Umusambi Gravel Race’ ryabaye kuri iki Cyumw...
Kylian Mbappe yashyize abona izamu muri La Liga Kylian Mbappe yafunguye konte y’ibitego muri shampiyona ya La Liga, ubwo yafashaga Real Madrid gutsinda Real Betis ibitego 2...
Basketball: Amakipe yiteguye imikino ya kamarampaka ate? Imikino ya kamarampaka (playoffs) ya shampiyona y’icyiciro cya mbere mu Rwanda muri basketball iratangira kuri uyu wa Gatanu...
Urubyiruko rwasabwe kubyaza umusaruro amahirwe yo gushora imari mu Isoko ry’Imari n’Imigabane Mu rwego rwo gushyira mu bikorwa gahunda yo kubaka urubyiruko rufite ubushobozi bwo kwiteza imbere binyuze mu ishoramari, Ur...
Ingengabitekerezo ya jenoside ni virusi mbi – Madamu Jeannette Kagame Madamu Jeannette Kagame yagaragaje ko ingengabitekerezo ya jenoside ari virusi mbi urubyiruko rukwiriye kwirinda, rukayikumi...
Perezida wa Sena yanenze Ababiligi baremye amacakubiri yavuyemo Jenoside yakorewe Abatutsi Perezida wa Sena y’u Rwanda, Dr Kalinda François Xavier, yanenze politiki mbi y’Ababiligi baremye amacakubiri mu banya-Rwand...
Perezida Kagame yifatanyije n'urubyiruko muri Walk to Remember Perezida wa Repubulika y’u Rwanda, Paul Kagame, yitabiriye urugendo rwo kwibuka Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994 ruzwi nka...
Umuvugizi wungirije wa Guverinoma y'u Rwanda yitabye Imana Guverinoma y'u Rwanda yatangaje ko Umuvugizi wa Guverinoma wungirije, Mukuralinda Alain, yitabye Imana mu gitondo cyo kuri u...
Mukuralinda yagaragaje ko u Rwanda rudashaka guterana amagambo n'u Burundi Umuvugizi wungirije wa Guverinoma y'u Rwanda, Alain Mukuralinda, yagaragaje ko u Rwanda rudafite gahunda yo guterana amagamb...
Perezida Kagame yihanangirije u Bubiligi bubuza amahwemo u Rwanda Perezida Paul Kagame yihanangirije u Bubiligi bukomeje kubuza gukurikirana u Rwanda ndetse no kurubuza amahwemo.
Rwanda: Abantu 3,200 bandura virusi itera SIDA buri mwaka Ikigo cy'Igihugu gishinzwe Ubuzima (RBC) cyagaragaje ko abantu 3,200 bandura virusi itera SIDA buri mwaka mu Rwanda.
Rwanda: Umusoro w'itabi n'inzoga wazamuwe Guverinoma y'u Rwanda yemeje izamurwa ry'umusoro w'itabi n'inzoga mu nama y'aba-Minisitiri yayobowe na Perezida wa Repubulik...
Corneille Nangaa wa M23 yahishuye ko bafite umugambi wo gufata Kinshasa Umuhuzabikorwa w’ihuriro Alliance Fleuve Congo (AFC), ryibumbiyemo imitwe ya politiki irimo n’iyitwaje intwaro nka M23, Corn...
Abantu 9 b'i Rubavu bishwe n'ibisasu by'Ingabo za Congo Umuvugizi wungirije wa Guverinoma y'u Rwanda, Alain Mukuralinda, yemeje ko abantu icyenda ari bo bahitanwe n’ibisasu byarash...
Rubavu: Batanu bahitanwe n’ibisasu byarashwe na FARDC Abaturage batanu bo mu karere ka Rubavu bahitanwe n’ibisasu byarashwe n’igisirikare cya Repubulika Iharanira Demokarasi ya C...
Musenyeri Mugisha yatawe muri yombi Urwego rw'Igihugu rw'Ubungenzacyaha (RIB) rwatangaje ko rwataye muri yombi Musenyeri Mugisha Mugiraneza Samuel, uherutse kwe...
Donald Trump yarahiriye kuyobora Leta Zunze Ubumwe z'Amerika Kuri uyu wa Mbere, tariki 20 Mutarama 2025, Donald Trump yarahiriye kuba Perezida wa 47 wa Leta Zunze Ubumwe z’Amerika, nyum...
Perezida Kagame yanenze abakwirakwiza amashusho bambaye ubusa Perezida wa Repubulika y'u Rwanda, Paul Kagame, yanenze abiyambika ubusa, byumwihariko abakiri bato, bakabishyira ku mbuga k...
Kagame yashimiye Inzego z'Umutekano ku bwo kugira "u Rwanda icyitegererezo ku ruhando mpuzamahanga" Perezida wa Repubulika y'u Rwanda, Paul Kagame, yashimiye Ingabo z’u Rwanda n’Inzego z’Umutekano muri rusange ku bw'umusanzu...
Harimo uvanga imiziki akoresheje amano: Ibidasanzwe kuri bamwe mu bafite ubumuga biteje imbere “Kugira ubumuga si ukubura ubushobozi” ni imvugo imaze kwimakazwa byumwihariko mu bihugu nk’u Rwanda, aho abafite ubumuga ba...
Uganda: Abagera kuri 13 bahitanywe n'ibiza byateye i Bulambuli Abagera kuri 13 bahitanwe n’inkangu yaturutse ku mvura nyinshi yaguye mu karere ka Bulambuli mu Burasirazuba bwa Uganda nk’u...
Imyigaragambyo muri Pakistan: Abarenga 4000 bamaze gutabwa muri yombi, hashyizweho guma mu rugo, interiniti yafunzwe Ibihumbi by’abashyigikiye uwahoze ari Minisitiri w’Intebe wa Pakistan, Imran Khan, bakozanyijeho n’abashinzwe umutekano kuri...
Umugabo ukuze kurusha abandi ku isi yitabye Imana Umukambwe John Alfred Tinniswood wari umugabo ukuze kurusha abandi bose ku isi yitabye Imana ku myaka 112.
Donald Trump yagize Elon Musk minisitiri wo kunoza imikorere ya leta Donald Trump, uherutse gutorerwa kuyobora Leta Zunze Ubumwe za Amerika, yagize umuherwe wa mbere ku isi Elon Musk umuyobozi ...
Kagame yitabiriye inama yiga ku kubungabunga ibidukikije Perezida w’u Rwanda, Paul Kagame, yitabiriye Inama Mpuzamahanga yiga ku kubungabunga ibidukikije ya COP29 (Conference of the...
Donald Trump yongeye gutorerwa kuyobora Leta Zunze Ubumwe z’Amerika Donald Trump yongeye gutorerwa kuyobora Leta Zunze Ubumwe z’Amerika, nyuma yo gutsinda abo bari bahanganye barimo Kamala Har...
Abarenga ibihumbi umunani basoje amasomo yabo muri Kaminuza y’u Rwanda Kaminuza y’u Rwanda yatanze impamyabumenyi ku banyeshuri 8,068 basoje amasomo yabo muri iyi kaminuza mu birori byabereye kur...
Gusura abanyeshuri biga bacumbikiwe byasubukuwe Minisiteri y'uburezi 'MINEDUC' kuri uyu wa Gatanu yatangaje ko ibikorwa byo gusura abanyeshuri biga bacumbikirwa mu bigo by'...
Umushinga 'Green City Kigali' watewe inkunga ya miliyoni 28$ U Rwanda rugiye guterwa inkunga ingana na miliyoni 28$ (hafi miliyari 38 Frw) n'ikigega mpuzamahanga kirengera ibidukikije '...
Hagiye gushyirwaho inzira za bisi zitwara abagenzi mu Mujyi wa Kigali Umuvugizi w’Umujyi wa Kigali, Emma Claudine Ntirenganya, yatangaje ko hagiye gushyirwaho inzira zigenewe bisi zitwara abagen...
Rwanda: Hizihijwe umunsi mpuzamahanga w’abageze mu zabukuru Tariki 1 Ukwakira, ku isi hizizwa umunsi mpuzamahanga w’abageze mu zabukuru. Uyu mwaka mu Rwanda, ibirori byo kwizihiza uyu ...
Amafoto: Perezida Kagame yitabiriye inama y'ibihugu by'Afurika na Indonesia Kuri uyu wa Mbere, tariki 2 Nzeri 2024, Perezida wa Repubulika y'u Rwanda Paul Kagame n'abandi bakuru b'ibihugu na za Guveri...
Ubutabera: hagaragajwe ibyaha 2 biri ku isonga y'ibyakozwe cyane mu Rwanda Ubwo hatangizwaga umwaka w’ubucamanza wa 2024-2025 kuri uyu wa Mbere, tariki 2 Nzeri 2024, hagaragajwe ko ubujura no gukubit...
Batatu bakekwaho guhohotera Turahirwa wahinze Moshions batawe muri yombi Polisi y'u Rwanda yatangaje ko abantu batatu bakekwaho kugira uruhare mu gukubita no gukomeretsa Turahirwa Moses, washinze i...
John Legend yageze i Kigali Umuhanzi w'ikirangirire John Roger Stephens, wamenyekanye nka John Legend, yageze i Kigali mu Rwanda mu gitondo cyo kuri uyu...
Tom Close yasabye ko hacibwa “agasuzuguro” nyuma y’uko Tems yanze gutaramira i Kigali Umuhanzi Tom Close yagaragaje ko yifuza ko hakorwa igitaramo kigizwe n'abahanzi b'abanya-Rwanda gusa mu rwego rwo guca "agas...
Bruce Melody yahaye gasopo abamwibasira Umuhanzi Itahiwacu Bruce, uzwi nka Bruce Melody, yavuze ko atazongera kwihanganira abamwibasira ndetse n’abamusebya kubera k...
Clement na Knowless basobanuye impamvu batagaragaza abana babo Ishimwe Clement, washinze inzu ya Kina Music anatunganyirizamo umuziki, n’umugore we akaba n’umuhanzikazi, Butera Knowless, ...
The Ben yakoreye amateka muri BK Arena ku Bunani Umuhanzi Mugisha Benjamin, uzwi nka The Ben, yakoreye igitaramo cy'amateka muri BK Arena ku munsi w'ubunani ubwo yanamurikag...
John Legend agiye gutaramira mu Rwanda Umuhanzi John Roger Stephens, wamenyekanye nka John Legend, azataramira i Kigali mu Rwanda mu gitaramo cya Move Afrika kizab...
Safi Madiba yagarutse mu Rwanda, ahishura imishinga afitanye n'abo bahoranye muri Urban Boyz Umuhanzi Safi Madiba yagarutse mu Rwanda nyuma y'imyaka ine atahakandagira, aho yahishuye ko bimwe mu bimuzanye birimo n'imi...
Umuhanzi Skales yagaragaje ko ari we watumye Burna Boy amenyekana Umuhanzi wo muri Nigeria, Raoul John Njeng-Njeng uzwi cyane nka Skales, yavuze ko ari we watumye Burna Boy amenyekana binyuz...
Bruce melody agiye gukorana indirimbo n'itsinda ryo muri Afurika y'Epfo Umuhanzi Nyarwanda Bruce melody agiye gukorana indirimbo n'itsinda ry'abahanzi bakomoka muri Afurika yepfo, Black Diamond.
Tems agiye gutaramira i Kigali Temilade Openiyi, wamamaye nka Tems, akaba umwe mu bahanzikazi bafite izina rikomeye mu muziki w’isi na Afurika, yemeje ko a...
Davido yaburiye abirabura b'abanya-Amerika bifuza gutura muri Afurika Umuhanzi w'ikirangirire muri Afrobeats, David Adedeji Adeleke wamenyekanye cyane nka Davido yaburiye abanya-Amerika b'abirab...
Nakunze Pamella cyane ngira ubwoba ko ari agahararo – The Ben Umuhanzi Mugisha Benjamin wamenyekanye nka The Ben yavuze ko yagiriye umugore we Uwicyeza Pamela urukundo rwinshi bitangira ...
Burna Boy agiye gutaramira muri Kenya Umuhanzi Burna boy, ukomoka muri Nigeria, yatangaje ko azataramira mu mujyi wa Nairobi mu gihugu cya Kenya tariki 1 Werurwe ...
Bahati Makaca yigaramye ibyo kurega Fatakumavuta Habiyambere Jean Baptist, wamenyekanye cyane nka Bahati makaca, yigaramye ibyo kujyana mu nkiko umunyamakuru SENGABO Jean Bo...
The Ben yasabye urukiko ko Fatakumavuta yarekurwa Umuhanzi The Ben yandikiye Urukiko rw'Ibanze rwa Kicukiro agaragaza ko yahaye imbabazi umunyamakuru Sengabo Jean Bosco, wame...
Umuhanzi Bnxn ategerejwe i Kigali Umuhanzi ukomoka mu gihugu cya Nigeria, Daniel Etiese Benson uzwi nka Bnxn, ategerejwe i Kigali mu gitaramo cyiswe 'Friends ...
Miss Muheto yakatiwe igifungo cy'amezi atatu asubitse Kuri uyu wa Gatatu, tariki 6 Ukwakira 2024, Urukiko rw’Ibanze rwa Kicukiro rwahanishije Miss Nshuti Muheto Divine igihano cy...
Fatakumavuta yakatiwe gufungwa iminsi 30 y'agateganyo Umunyamakuru Sengabo Jean Bosco, wamamaye nka Fatakumavuta, yakatiwe n'Urukiko rw'Ibanze rwa Kicukiro gufungwa iminsi 30 y'a...
The Ben yigaramye ibyo kurega Fatakumavuta, amuha imbabazi Umuhanzi The Ben yahakanye ibyavuzwe ko yareze umunyamakuru Sengabo 'Fatakumavuta' Jean Bosco mu Urwego rw'Igihugu rw'Ubugen...
Miss Muheto yasabiwe gufungwa umwaka n'amezi umunani Miss Muheto Divine yasabiwe gufungwa umwaka umwe n'amezi umunani ubwo yitabaga Urukiko rw'Ibanze rwa Kicukiro kuri uyu wa Ka...
Polisi y'u Rwanda yemeje ifungwa rya Miss Muheto Polisi y'u Rwanda yemeje ko Miss Muheto Divine, wabaye Nyampinya w'u Rwanda mu 2022, yatawe muri yombi kubera gutwara ikinya...
The Ben yateguje album Mugisha Benjamin, wamenyekanye nka The Ben, agiye gusohora album ye ya gatatu.Abinyujije ku ur...
Element ari gukorana indirimbo n'abahanzi bakomeye muri Tanzania barimo Ali Kiba Producer Element ari gukorana imishinga y'indirimbo n'abahanzi bakomeye muri barimo Ali Saleh Kiba, uzwi nka Ali Kiba.
R. Kelly arashinjwa n’umukobwa we ihohotera rishingiye ku gitsina Umukobwa wa R. Kelly, Joanne Kelly, uzwi ku izina rya Buku Abi, yatangaje benshi avuga ko uyu muririmbyi akanaba se umubyara...
Kubera iki Davis D yegeje imbere igitaramo cye? Umuhanzi Davis D yahinduye amatariki y'igitaramo cye yise 'Shine Boy Fest' agishyira tariki 29 Ukwakira 2024.
Umuziki Nyarwanda ukorwa magendu – Yampano Umuhanzi Yampano yagaragaje ko umuziki Nyarwanda ukorwa muburyo bwa ‘magendu’ bitewe n’inzira zikoreshwa mu guha abahanzi ak...
Zuba Ray: Impano nshya yinjiye muri Kina Music Inzu itunganya umuziki ikanareberera inyungu z'abahanzi, Kina Music, yatangaje ko yasinyishije umuhanzikazi Zuba Ray.
Massamba yakoze igitaramo cy'amateka ku njyana ya Gakondo, yizihiza imyaka 40 amaze mu muziki Umuhanzi Massamba Intore yashimishije abitabiriye igitaramo cye yise “3040 Ubutore Concert” cyabereye muri BK Arena ku mugor...