Umuvugizi w'abafana ba APR, Jangwani, n'uw'abafana ba Rayon Sports, Wasili, bahishuye byinshi ku mikorere mishya bazanye muri shampiyona y'u Rwanda, ijyanye no kuyishyushya.
Aba bombi basobanuye aho bakuye igitekerezo cyo gukora ibitarakorwaga mbere, ndetse n'imbogamizi nyinshi bagiye bahura nazo muri urwo rugendo.
Mu gihe APR yitegura kwakira Rayon Sports mu mukino uhuruza benshi kuruta iyindi muri shampiyona y'u Rwanda, B&B Kigali binyuze mu kiganiro The Long Interview yicaranye na Jangwani na Wasili basobanura urugendo rwabo.
Birakomeza...
Perezida wa Rayon Sports, Twagirayezu Thaddée, yahamirije B&B Kigali ko ikipe yamaze gutandukana na Afhamia Lotfi, wari ...
Myugariro Bayisenge Emery yavuze ko umukino wa APR na Rayon Sports ari umukino wahindurira ubuzima umukinnyi uwariwe wese wa...
Kapiteni wa APR, Niyomugabo Claude, yavuze ko biteguye gukosora amakosa yose yakozwe mu mikino iheruka mu gihe bitegura guca...
Minisitiri wa Siporo, Mukazayire Nelly, yavuze ko yashyizweho ingamba zijyanye no gukurikirana uburyo amafederasiyo akoresha...
Rayon Sports yakuye amanota atatu agoye i Rubavu nyuma yo gutsindira Marines kuri Sitade Umuganda igitego 1-0 mu mukino w'um...