Follow
Ikipe y’igihugu y’u Rwanda yatomboye Djibouti mu ijonjora rya mbere rya CHAN 2024.
Djibouti niyo izakira umukino ubanza uteganyijwe hagati ya tariki 25 na 27 Ukwakira 2024, mu gihe Amavubi azakira uwo kwishyura hagati ya tariki 1 na 3 Ugushyingo 2024.
Ikipe izakomeza izahura n’izava hagati ya Kenya na Sudani y’Epfo mu ijonjora rya kabiri, riteganyijwe mu mpera z’Ukuboza 2024.
Iri rushanwa, rizaba rigiye gukinwa ku nshuro ya munani, rizakirwa n’ibihugu bitatu aribyo; Kenya, Uganda na Tanzania guhera tariki 1 kugeza 28 Gashyantare 2025.
DR Congo na Morocco niyo makipe amaze kwegukana CHAN inshuro nyinshi, inshuro ebyiri.
Fitina Omborenga yasabye Rayon Sports ko batandukana kubera ko iyi kipe itubahirije ibyo bumvikanye mu masezerano.
Inter Milan yageze ku mukino wa nyuma wa UEFA Champions League, nyuma yo gutsinda Barcelona ibitego 4-3 mu mukino wo kwishyu...
Banamwana Camarade yahawe gutoza Bugesera mu mikino itandatu ya shampiyona y'icyiciro cya mbere mu Rwanda isigaye.
Ishyirahamwe ry'Umupira w'Amaguru mu Rwanda (FERWAFA) ryahagaritse Mugiraneza "Migi" Jean Baptiste mu bikorwa byose bya ruha...
Haringingo Francis, wari umutoza mukuru wa Bugesera, ndetse n'umwungiriza we, Nduwimana Pablo, basezeye ku mirimo yabo muri ...